Posts

MUSANZE_KINIGI: URUGOMO , NO GUTERA KACI BIKOMEJE KUBA AMAYOBERA

Image
Mukarere ka Musanze , mumurenge wa Kinigi , haramakuru akomeje gucicikana yabaye urujijo kuribenshi avugako abaturage baho bahangayikishijwe cyane nabantu binsoresore bitwikira amajoro bagatangira abantu bakabambura za Telefone,... Bakanakubitwa, aribyo bise gutera Kaci. Ubwo ayamakuru yamenyekanaga, umunyamakuru wa RMC freelancer, Mupenzi, usanzwe anafite izindi nshingano , yanyarukiye Murakagace ka Kinigi ahacumbika igihe kitarigito muburyo bwo gukurikirana neza amakuru atandukanye Murakagace. Yatangarije ikinyamakuru AFRICAN CITIZEN, ko URUGOMO NO GUTERA KACI Murakagace Koko bihari . Inzego zumutekano zikora ibishoboka ngozirwanye insoresore zikora urugomo mumajoro ariko ntibicika. Bamwe barafatwa bagafungwa ariko iyobafunguwe bongera gutera amakaci.  Abaturage bakaba bashishikarizwa cyane gukaza amarondo nogutangira amakuru kugihe ahabahari abakora benurworugomo kugirango bakomeze gukurikiranwa. Ikindi nuko haribamwe mubavuye mugipolisi birukanywe kubera imyitwarire idahwitse, baka

Gen. Muhoozi yatangaje ko yemeranya n’umugambi wa Perezida Kagame na Kenyatta kuri M23

Image
Ubutumwa bwuzuye ishimwe bwahawe abasirikare ba RDF muri Sudan y’Epfo   21/11/2022 Gen. Muhoozi yatangaje ko yemeranya n’umugambi wa Perezida Kagame na Kenyatta kuri M23   20/11/2022 Perezida Kagame yashimiye abasora uburyo batigeze badohoka no mu gihe cya COVID19   20/11/20 Uwari wacumbikie ahahoze ibiro by’A Perezida Paul Kagame na Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, ku wa Gatanu bagiranye ibiganiro kuri telefoni byasoje bose bumva kimwe ibijyanye no kuba inyeshyamba za M23 zikwiye kurekura uduce twose zigaruriye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Perezida Kagame yemereye Kenyatta kumufasha kwinginga inyeshyamba za M23 zigashyira intwaro hasi ndetse zikarekura ibice zigaruriye, nubwo ari amahitamo izo nyeshyamba zitahwemye kugaragaza ko bigoye kuyubahiriza mu gihe Guverinoma ya RDC itaremera ibiganiro bitanga uburenganzira busesuye Abanyekongo bahohoterwa kubera uko bavutse ndetse n’abashinjwa kuba Abanyarwanda. Gen. Muhoozi Kainerugaba, Umuhungu

UMUNYESHURI WARIMUKIZAMINI CYA LETA YATURUMBUTSE MU ISHULI YIRUKA AMASIGAMANA PANDAGARE IMUVUDUKAHO

Image
kuruyu wambere, taliki 1/08/2022, Muntara yamajyaruguru mukarere ka Musanze mumurenge wa Kinigi ku kigo cyamashuli cya Kampanga, Hagaragaye UMUNYESHURI wakoze agashya , ubwo yarimo akora ikizamini cya leta maze agaturumbuka mu ISHULI akirukanka AMASIGAMANA. Uyu munyeshuli buriwese yibajije ikimuteye guhaguruka mukizamini akirukanka ariko buriwese biramuyobera. Imodoka ya polisi izwi nka PANDAGARE yahise imwirukaho maze iramugarura bamusubiza mukizamini. Uyu munyeshuli yatangaje benshi ubwo bibajije ikimuteye guhunga ikizamini arinako ibitwenge byendaga guturitsa imbabu kuko ibi byabaye ntibisanzwe mu rwa Gasabo. Ayamakuru atariho ivumbi twayahawe numwe mubari bahibereye witwa Obedi , akaba nawe ubwe ngo byamutangaje ubwo yabonaga PANDAGARE yiruka inyuma yuyu munyeshuli ikamucakira ikamugarura mukizamini.  Icyateye uyumunyeshuli kwirukanka ahunga ikizamini ntikiramenyekana.  Yanditswe na MUPENZI Sylva . Umunyamakuru wa RMC ukorera AFRICAN CITIZEN.  0788464911  whatsapp

UMUNYESHURI WARIMUKIZAMINI CYA LETA YATURUMBUTSE MU ISHULI YIRUKA AMASIGAMANA PANDAGARE IMUVUDUKAHO

Image
kuruyu wambere, taliki 1/08/2022, Muntara yamajyaruguru mukarere ka Musanze mumurenge wa Kinigi ku kigo cyamashuli cya Kampanga, Hagaragaye UMUNYESHURI wakoze agashya , ubwo yarimo akora ikizamini cya leta maze agaturumbuka mu ISHULI akirukanka AMASIGAMANA. Uyu munyeshuli buriwese yibajije ikimuteye guhaguruka mukizamini akirukanka ariko buriwese biramuyobera. Imodoka ya polisi izwi nka PANDAGARE yahise imwirukaho maze iramugarura bamusubiza mukizamini. Uyu munyeshuli yatangaje benshi ubwo bibajije ikimuteye guhunga ikizamini arinako ibitwenge byendaga guturitsa imbabu kuko ibi byabaye ntibisanzwe mu rwa Gasabo. Ayamakuru atariho ivumbi twayahawe numwe mubari bahibereye witwa Obedi , akaba nawe ubwe ngo byamutangaje ubwo yabonaga PANDAGARE yiruka inyuma yuyu munyeshuli ikamucakira ikamugarura mukizamini.  Icyateye uyumunyeshuli kwirukanka ahunga ikizamini ntikiramenyekana.  Yanditswe na MUPENZI Sylva . Umunyamakuru wa RMC ukorera AFRICAN CITIZEN.  0788464911  whatsapp

UMUNYESHURI WARIMUKIZAMINI CYA LETA YATURUMBUTSE MU ISHULI YIRUKA AMASIGAMANA PANDAGARE IMUVUDUKAHO

Image
kuruyu wambere, taliki 1/08/2022, Muntara yamajyaruguru mukarere ka Musanze mumurenge wa Kinigi ku kigo cyamashuli cya Kampanga, Hagaragaye UMUNYESHURI wakoze agashya , ubwo yarimo akora ikizamini cya leta maze agaturumbuka mu ISHULI akirukanka AMASIGAMANA. Uyu munyeshuli buriwese yibajije ikimuteye guhaguruka mukizamini akirukanka ariko buriwese biramuyobera. Imodoka ya polisi izwi nka PANDAGARE yahise imwirukaho maze iramugarura bamusubiza mukizamini. Uyu munyeshuli yatangaje benshi ubwo bibajije ikimuteye guhunga ikizamini arinako ibitwenge byendaga guturitsa imbabu kuko ibi byabaye ntibisanzwe mu rwa Gasabo. Ayamakuru atariho ivumbi twayahawe numwe mubari bahibereye witwa Obedi , akaba nawe ubwe ngo byamutangaje ubwo yabonaga PANDAGARE yiruka inyuma yuyu munyeshuli ikamucakira ikamugarura mukizamini.  Icyateye uyumunyeshuli kwirukanka ahunga ikizamini ntikiramenyekana.  Yanditswe na MUPENZI Sylva . Umunyamakuru wa RMC ukorera AFRICAN CITIZEN.

ABANYE KONGO ( DRC ) BATWITSE IBENDERA RY,U RWANDA NONE BARASHAKA NOGUHUNGABANYA IMIPAKA .

Image
Yashizweho na: SYLVA       Yasuwe: 8,210 views   Aya makuru tuyakesha ikinyamakuru IMVAHO NSHYA , Aho cyanditse kigira kiti:   Ku wa Mbere taliki ya 30 Gicurasi 2022, ni bwo hakwirakwiye amafoto ya bamwe mu baturage ba RDC baba i Kinshasa mu Murwa Mukuru wa RDC, bari kuri Ambasade y’u Rwanda bagatwika ibendera ry’Igihugu ndetse bakangiza na bimwe mu bintu bahasanze.  Ni ibintu byabereye mu Mujyi Rwagati Izuba riva, ariko bitigeze bikumirwa n’inzego za Leta, ndetse abo baturage bumvikanye bavuga ko bifuza guca umubano burundu n’u Rwanda ku buryo abakurikiranye iyo myigaragambyo mu bice bitandukanye na bo batangiye kubigana. Kuri uyu wa Gatatu na bwo, abaturage b’Umujyi wa Goma n’uwa Bukavu bazindukiye mu myigaragambyo, aho bakomeje kugaragaza ko badashaka umubano n’u Rwanda. Bamwe muri aba baturage ni abacumbikiwe n’u Rwanda ubwo Ikirunga cya Nyiragongo cyarukaga mu mpera za Gicurasi 2021 no mu bihe by’imitingito yakurikiyeho mu gihe gisaga ibyumweru bibiri. Ku mupaka wa Ruzizi ya II, h

IMPUSHYA ZINYAMAHANGA ZEMERERA UMUNTU GUTWARA IBINYABIZIGA ( Permit international ) BURYA NINGOMBWA KUZIHINDUZA VUBA

Image
Yanditswe na : Issa Wednesday 01/06/2022, 138,402views Mugihe abenshi mubatura Rwanda bibazaga impamvu bamwe bamburwa impushya zitwara ibinyabiziga zizwi nka permit de conduire international, mugihe batwaye ibinyabiziga kubutaka bw,u Rwanda, ariko ntibamenye impamvu nyamukuru, ituma bamburwa izo mpushya. Umunyamakuru wa AFRICAN CITIZEN yaje kubaza police yigihugu ishinzwe ibizamini no gutanga impushya zitwara ibinyabiziga mu Rwanda, maze police imusobanurira muburyo bwumvikana igira iti :  01. Impushya zitwara ibinyabiziga zatangiwe mumahanga zizwinka permit de conduire international, ziremewe . Ariko umuntu yemerewe kuyikoresha igihe kitarenze umwaka umwe mugihugu cy,u Rwanda bityo bikaba ari ngombwako utunze urwo ruhushya yagakwiriye kwihutira kuruhinduza bakamuha uruhushya rwogutwara ibinyabiziga rwo mu Rwanda. 02. Ningombwa kugaragaza icyangombwa kerekanako wabaye mugihugu urwo ruhushya ufite rwatangiwemo. 03. Kugirango uhinduze urwo ruhushya, bisaba kwandikira Ubuyob

GATSIBO/ BITWIKIRA AMAJORO BAGACUKURA AMABUYE YAGACIRO BINYURANYIJE NAMATEGEKO

Image
yanditswe na : Rukundo     01/06/2022    Mukarere ka Gatsibo mumurenge wa Rugarama / kanyangese, hari amakuru avugako Hari abantu bitwikira amajoro bakajya kwiba amabuye yagaciro mumusozi rwagati, bakayacukura binyuranije namategeko . Abo bantu ngo usanga aragatsiko kiyise imparata , ngo ntabwoba namba baba bafite ndetse ngo niyo hagize ubavugaho bamumerera nabi. Tukimara kumenya ayamakuru twavuganye numwe mubakozi bumurenge wa Rugarama atubwirako koko ayomakuru ariyo yimpamo ndetse atubwirako we nabandi bayobozi bokuruyu murenge wa Rugarama bagiye kureba koko niba harabantu biba ayomabuye,maze bagezeyo basanga barimokuyacukura kumanywa yihangu. Icyakurikiyeho nuko izo mparata zeguye amabuye maze ziyatera abo bayobozi bibayobeye bakizwa namaguru. Ndetse ngo nuko ari Imana yahabaye inkamba zamabuye ntibari kuzikira. Hari namakuru avugako baherutse kwica mugenzi wabo bamwicira mukinombe ahobacukura amabuye bamutera igisongo mugatuza gihinguranya mumugongo bamuziza ayo mabuye.  Abaturage

FOOTBALL / GATSIBO : UMURENGE WA RUGARAMA WA KINNYE NUWA RWIMBOGO

Image
  Ikipe y,umupira w,amaguru yumurenge wa Rugarama ikina niyumurenge wa Rwimbogo. Kuri iki cyumweru taliki 29/05/2022, umurenge wa Rugarama nuwa Rwimbogo , yo mukarere ka Gatsibo, bakinnye umukino wumupira w,amaguru ( football ) wagicuti. Uyu mukino warunogeye ijisho ndetse ukaba witabiriwe nabatari bake, warugamije kunoza imibanire myiza hagati yimirenge yombi, gukora ubukangurambaga  mukwitabira sporo rusange ( carfree day ) nkuko byari biteganijwe uyumunsi, ndetse hanashishikarizwa kugira umuryango utekanye nokurengera umwana. Uyu mukino waje kurangira umurenge wa Rwimbogo utsinze ibitego 03 naho uwa Rugarama utsinda ibitego 02.  Ikinyamakuru AFRICAN CITIZEN kikaba gishimira byumwihariko abayobozi bimirenge ya Rugarama na Rwimbogo nabandi bafatanya bikorwa bagize uruhare mugutekereza nogutegura uyumukino wahuje impande zombi. Yanditswe na : RUKUNDO umunyamakuru wa RMC (freelancer) ukorera AFRICANCITIZEN

Narungurutse mabuja ari muri dushe aramfata anjyana mu cyumba anyereka n’ibyo ntigeze ndota

Image
  Facebook Twitter WhatsApp Emai Sha Iyi nkuru rero yabayeho. Yisome kukinyamakuru cyanyu AFRICAN CITIZEN , maze wiyumvire! Ahaaaaa , ntibyoroshy Muraho neza! Nitwa Alex nkaba mvuka mu karere ka Kayonza, nize amashuri 6 yisumbuye nkaba nkorera umukire i Kigali. Burya nta musore udakubagana nanjye rero byambayeho ndafatwa nzi ko ngiye kwirukanwa none ahubwo byankururiye ibindi ntari nzi yewe ntigeze narota Hari mu masaha ya saa tatu gutyo hafi saa yine, nari ndi mu rugo ndimo gukoropa ku rubaraza, ni uko mabuja aratambuka aransuhuza ati "waramutse Alex" ndamwikiriza. Yarakomeje ajya muri dushi yivugisha ngo twakerewe pe, kuko dukorana kuri depo y’ibyo turanguza. Yagezemo mbona ntakinze, ni uko numva mfite isoni nsa nkuhava ariko nikinga ku rurabyo ndakomeza ndirebera we! mu by’ukuri numvaga mfite ubwoba, ariko na none nkumva ntakurayo ijisho, ndeba uko ateye n’ibindi ntakeka ko nabona, Yaroze umubiri wose mureba, hashize nka 2min duhuza amaso ariko nkeka ko n’ubundi yandebaga

IBISASU BYAVUYE MUGIHUGU CYA DRC CONGO BYAGUYE MU RWANDA

Image
  Amakuru dukesha IGIHE.COM aravugako Mu   gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, mu Karere ka Musanze humvikanye ibisasu byarashwe biturutse muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byaguye mu Mirenge ya Kinigi na Nyange bigakomeretsa abaturage ndetse n’ibikorwa byabo birimo inzu bikangirika. Igisasu kimwe cyaguye ku nzu y’uwitwa Serukora wo mu Mudugudu wa Muhe Akagari ka Kampanga mu Murenge wa Kinigi kirayangiza, uretse ko abantu babiri bari bayirimo barokotse, ikindi kigwa mu murima w’umuturage. Mu itangazo ryashyizwe hanze n’Ingabo z’u Rwanda (RDF), ryahamije aya makuru, ndetse rivuga ko RDF yifuza ibisobanuro ku ntandaro y’ibi bisasu byaturutse muri Congo. Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Col Ronald Rwivanga, yavuze ko umutekano umeze neza aho ibisasu byatewe, ndetse ko abayobozi b’u Rwanda na Congo bari gukorana kugira ngo hamenyekane icyateye ibisasu guterwa mu Rwanda. Yagize ati “Ibintu ni ibisanzwe mu duce [ibisasu byatewemo] kandi umutekano urizewe. Abakomeretse bari kuvurwa mu g

Nyakubahwa president Paul Kagame abaturage bamwishimiye cyane

Image
Kuriki cyumweru 1/5/2022 ubwo hizihizwaga umunsi wa CAR FREE DAY, Nyakubahwa President Paul Kagame, yagaragaye mumuhanda agenda asuhuza abaturage bavaga gusenga ndetse agenda abaganiriza cyane kuburyo wabonaga buriwese yamwishimiye cyane. Yarumunsi ushimishije cyane kuburyo burimuntu wabonaga yuzuye akanyamuneza kumutima abategarugori bavuzaga impundu ndetse urubyiruko abato nabakuru bamunezerewe cyane. Sylvestre Umunyamakuru wa AFRICAN CITIZEN www.africancitizen1.blogspot.com

INZIRA YUKURI KUBAJYA I KUZIMU.

  UBUHAMYA BWA UMWALI REBECCA Yashizwe ho na  Sylva At 08:50 Am 22/04/2022 Halleluia, Nitwa UMWARI Rebecca, mvuka mu cyahoze ari Komini GIKORO,Segiteri ya MUSHA.Navutse mu muryago w'abana 9 mvuka arinjye mukobwa njyenyine. Navutse mu mwaka wa 1984 mvuka nkenewe kandi nkunzwe cyane. Nabashije kurerwa n'ababyeyi banjye igihe kingana n'imyaka 10. Mu mwaka wa 1994 iwacu barapfuye, umuryango wacu barawutsemba barawumara ariko njyese ndasigara, ndokoka njyenyine. Mu mwaka wa 1995 naje kubona umuryango mbona mubyara wanjye wari witangiye kundera nk'imfubyi isigaye. Mubyara wanjye yarandeze igihe kitari gitoya twabanye neza ariko nari ndwaye indwara yo guceceka kubera ibibazo byabaye mu ntambara cyangwa se kubera ibibazo nabonye muri Genocide yo mu Rwanda. Ibyo bibazo nabonye byanteye guceceka cyane nkarira simbashe kuvuga. Mubyara wanjye yashatse ikintu cyatuma mera nk'abandi bana abona ko kuzantangiza ishuri aricyo kizatuma nsabana n'abandi bana nkamenyera ubuzima nk&